mardi 17 octobre 2017

MIGI YARAHIYE KO ATAVUGANYE NA APR, yo iti azaza kudukinira: ukuri kuri he?


Mu ntango z'icyumweru gishize nibwo hasohotse amakuru ko MIGI, Kagere na Tuyisenge Jacques, bazaza gukinira ikipe ya APR FC mu mikino yo kwishyura ya shampiyona y'u Rwanda.
Ubuyobozi bwa APR FC bwari buhagarariwe na General Mubarak bwongeye kubyemeza mu nama baraye bagiranye n'abahagarariye amatsinda y'abafana biyo kipe nkuko tubikesha ruhagoyacu.com.
Nyamara ariko nkuko mu bibona mu kiganiro kihariye cya whatsapp twagiranye na Migi ubwo inkuru yatangiraga gutangazwa, byageze naho aturahira Imfura ye ko ibyo atari ukuri.
Ukuri rero kuraba ukuhe? Reka mwirebere ikiganiro twagiranye na Migi ubusanzwe tuziho ubunyangamugayo.