mardi 1 août 2017

AMAFRANGA Rayon sports izinjiza mu myitozo aruta ava ku mikino y'amarushanwa mu makipe hafi ya yose mu Rwanda


Nyuma yaho Karekezi Olivier atangiye imyitozo nk'umutoza mushya wa Rayon sports, bimaze kugaragara ko amafranga aboneka mu kwinjiza ku myitozo (500 FR ku muntu) aruta kure ayinjira ku mikino ikomeye ya shampiyona y'u Rwanda nka
-Police-As Kigali
-As Kigali-Bugesera
-Police-Kirehe etc.
Mu bushishozi bwacu tukaba twarasanze ibi ahanini bishingiye kuri morali abakunzi ba Rayon sports baterwa nuko bamaze imyaka 2 bari mu bihe byiza ndetse n'ikizere bafite mu batoza n'abakinnyi bashya iyi kipe irimo gusinyisha.


Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire