vendredi 13 janvier 2017

Ibibuga bya Huye na Rubavu byahagaritswe gukorerwaho imyitozo.



Ikibuga ikipe ya Mukura isanzwe yitorezaho ikanakiriraho imikino ya shampiyona cyamaze guhagarikwa na FERWAFA gukorerwaho imyitozo, ubu Mukura ikazajya yitoreza kuri stade Kamena nkuko tubikesha FERWAFA. 

Si ikibuga cya Mukura gusa cyahagaritswe gukorerwaho imyitozo gusa, kuko n’ikibuga cy’I Rubavu cyakorerwagaho imyitozo n’amakipe Etincelle na Marine nacyo kizajya cyakira imikino ya shampiyona gusa, Etincelle na Marine bakazajya bitoreza ku kibuga kiri inyuma ya stade Umuganda.

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire