dimanche 29 janvier 2017

Kayiranga Baptiste yeguye kukazi k'ubutoza bwa Pepiniere


Uwari umutoza w’ikipe ya Pépinière Kayiranga Baptiste yarangije gutangaza ko atandukanye n’iyi kipe iheruka izindi muri shampiyona, nyuma y’uko yari imaze kubona amanota atatu ya mbere ubwo yatsindiraga Gicumbi ku Ruyenzi igitego 1-0.


ibitego bya Pepiniere byatsinzwe na Muhire Kevin ndetse na Jean de Dieu Uwineza witsinze igitego mugihe Mutebi Rashid yatsindiye Gicumbi.

nyuma y'uyu mukino  Kayiranga Baptiste yahise abwira itangazamakuru ko asezeye kukazi k'ubutoza muri Peoiniere kubera ko abona ibyo yifuza bitajyane n'byiyi kipe,akaba yanongeyeho ko agiye kuruhuka mubyubutoza akaba ateganya kongera gushaka akazi   nyuma y'iyi shampiyona .
undi mukino wabaye kuri iki cyumweru ikipe ya Police Fc yatsinze Marines 2-0 bya Danny Usengimana na Mico Justin.

Aucun commentaire:

Enregistrer un commentaire